right side
Icyamamare muri muzika Madjo yataramayiye abanyarwanda
kuya 18-05-2012 saa 06h30' | | 92  yanditswe na

Kuri uyu mugoroba tarikIi ya 17 Gicurasi 2012, umuhanzikazi Cecile Grollimunde uzwi nka Madjo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yari mu kigo Ishyo Arts Centre ku Kacyiro aho yashimishije abari aho kakahava.

Madjo

Madjo n’abo bafatanya n’ibyuma bya muzika muri iki gitaramo bacuranze live cyane abantu ubwabo nabo barabyina cyane.

Mu magambo uyu muhanzikazi yakunze kugarukaho ni ukuvuga ngo u Rwanda ni igihugu cyiza cyane. Bamwe mu bo twaganiriye bari bitabiriye icyi gitaramo bo bavuze ko iki gitaramo kiri muri bimwe mu bitaramo byacuranzwe live hano mu Rwanda , aho baririmba badashyizemo sede (CD) .

Majdo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa kuri ubu afite imyaka 27, si mu Rwanda mu bihugu byo muri afurika akoreyemo ibitaramo kuko yagiye no mu gihugu cya Morise (Mauricien) n’ahandi henshi.

bacurangaga banaririmba

Madjo yamanutse kuri stage

abantu bahagurutse barabyina

abaririmbanaga na Madjo

Sitio NDOLI

Umuryango.com

Ibitekerezo byatanzwe kuri iy'inkuru

Andika Igitekerezo Hano