right side
Uduce 11 mu ntara zose niho Primus guma Guma Super Star izabera
kuya 4-05-2012 saa 14h14' | 53  yanditswe na

Abahanzi batsindiye gukomeza mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star guhera tariki ya 5 uku kwezi bazatangira kuzenguruka intara zose z’u Rwanda aho bazagera mu duce 11 tw’izo ntara zose.

Ibi bitaramo bikazatangirira mu karere ka Rusizi ku matariki ya ya 5 Gicurasi 2012, bigasorezwa mu karere ka Rubavu ku matariki ya 10 Kamena 2012. Muri ibi bitaramo abahanzi bakazaririmba imbere y’abakunzi babo muri utwo duce two mu ntara zose z’ighugu.

Aba bahanzi bazazenguruka intara bakazavamo umuhanzi umwe uzegukana kuririmbana ni icyamamare mu kuririmba Jason Derulo, kuva muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Sitio NDOLI

Umuryango.com

Ibitekerezo byatanzwe kuri iy'inkuru

Andika Igitekerezo Hano